Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Politike Ubuzima Umutekano

Kajugujugu ebyiri z’Igisirikare cya Uganda zahitanye benshi mu basirikare zari zitwaye.

Abantu 22 bapfuye ubwo kajugujugu ebyiri z’Igisirikare cya Uganda, UPDF zahanukiraga mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, ejo kuwa kabiri tariki 27 Nzeri 2022.

Umwe mu bavugira Igisirikare cya Kongo, FARDC utifuje ko amazina ye atanganzwa ni we wemeje ayo makuru nk’uko tubikesha Ijwi rya Amerika.

Ingabo za Uganda, UPDF zari zitaratangaza uburyo izo kajugujugu za gisirikare zahanutsemo zikica abantu bangana batyo.

Umuvugizi wa UPDF, Brig Gen Felix Kulayigye, yemeje ko kajugujugu imwe yaguye maze agira ati: “Hari abantu bahasize ubuzima, ariko nta yandi makuru arambuye mfite muri aka kanya”.

Uganda yohereje abasirikare mu Gihugu bituranye cya Kongo Kinshasa mu kwezi kwa 12 umwaka ushize, gufasha kurwanya umutwe w’iterabwoba uzwi nka ADF.

ADF ni umwe mu mitwe myinshi y’abarwanyi, irwanira ubutaka n’umutungo kamere wa Kongo Kinshasa mu burasirazuba. Muri iyi myaka icumi ishize, imirwano yahitanye ubuzima bw’abantu ibihumbi n’ibihumbi kandi bwakuye mu byabo abandi babarirwa muri za miliyoni.

Abasirikare ba Uganda bagiye muri DR Congo guhiga Umutwe wa ADF.

Related posts

Musanze: Poly Turikumwe agiye gukora igitaramo cy’amateka yatumiyemo Prosper Nkomezi na Dominic Ashimwe.

N. FLAVIEN

ADEPR: Impinduka zahereye hejuru zigeze ku midugudu nayo yahise ihindurirwa inyito.

N. FLAVIEN

Korali Twubakumurimo yataramiye abo mu Gashangiro basubizwamo imbaraga.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777