Tshisekedi yagarutse ku masezerano ya DRC n’u Rwanda n’uko yifuza ibice bigenzurwa na AFC/M23.
Mu ijambo rye ku munsi mukuru w’isabukuru y’imyaka 65 y’ubwigenge bwa DR Congo, Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo yavuze ko ibirori by’uyu munsi bifite impamvu idasanzwe...

