Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yategetse indege y’intambara kurasa ikigendajuru cyo hejuru cyane kitazwi neza icyo ari cyo, kuko cyari giteje...
Indege z’intambara za Sukhoi-25 z’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zakoze ishyano mu gitero cyo kwihekura cyagabwe ahitwa ku Rupangu na Kimoka kuko cyibasiye...
Amakuru agezweho ku gitero cy’abaturage ku modoka za MONUSCO ku mugoroba w’ejo kuwa Kabiri tariki 07 Gashyantare 2023, aremeza ko imvururu zabaye hagati y’ingabo z’Umuryango...
Nyuma yo kwishora mu bikorwa by’ubugizi bwa nabi bukabije ku ruhererekane rw’imodoka z’ingabo za ONU ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki 07 Gashyantare 2023...
Patrick Muyaya, Umuvugizi wa Leta ya DR Congo yatangaje ko batazaganira kandi ngo ntibanateganya kuganira n’umutwe wa M23 niba idakurikije ibyo yasabwe n’amasezerano ya Luanda...
Imyigaragambyo idasanzwe ikomeje kwangiza byinshi mu Mujyi wa Goma, Umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ndetse bikaba bivugwa ko hari n’abo mu bwoko bw’abatutsi baba...
Abanyekongo bafite umujinya w’umuranduranzuzi bigabije imihanda yose y’Umujyi wa Goma, bavuga ko badashaka Ingabo z’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, EACRF ndetse ko batanashaka uwitwa umunyarwanda n’icye...
Inama idasanzwe yahuje Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC i Bujumbura mu Burundi kuri uyu wa Gatandatu tariki 04 Gashyantare 2023, yategetse impande...
Ba Perezida batandatu muri barindwi bayoboye Ibihugu bigize EAC bahuriye i Bujumbura mu Burundi aho bitabiriye Inama ya 20 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika...