Category : Politike
Featured Major Willy Ngoma wa M23 na Col Ruhinda wa FDLR mu bafatiwe ibihano na EU.
Akanama k’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi kafatiye ibihano abantu umunani kubera imirwano ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi bihano kuri aba...
Featured DR Congo: Perezida Tshisekedi yiyemeje gushyira ku murongo FARDC.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo yiyemeje “gushyira ku murongo”, n’impinduka mu mibereho y’abasirikare ba DR Congo, ubwo yasuraga abasirikare bashya...
Featured DRC: Tshisekedi yasabye abasirikare bashya kugaragaza ubudasa no guhangana bikomeye n’abashotoranyi.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, mu ruzinduko yatangiye kuwa Gatatu tariki 07 Ukuboza 2022, akarukomeza kuri uyu wa Kane tariki...
Featured Kuba M23 yavuye ku izima ikemera kuva mu bice yari yarafashe ni igitutu cy’amahanga cyangwa ni ugutsindwa urugamba?
Umutwe urwanya Leta ya DR Congo wa M23 wemeje ko witeguye guhagarika imirwano ndetse ukava mu bice wigaruriye, nk’uko wabisabwe mu nama iheruka kubera i...
Featured Ingingimira mu biganiro bya Nairobi byarangiye hagati ya Leta ya DRC n’imitwe iyirwanya.
Ibiganiro bya Nairobi hagati y’intumwa za Leta ya DR Congo n’abahagarariye imitwe yitwaje intwaro itandukanye na Sosiyete Sivile mu Burasirazuba bwa DR Congo byarangiye bemeranyije...
Featured Gakenke: Basabwe kudaheza abafite ubumuga mu bikorwa by’iterambere kuko nabo bashoboye.
Mu butumwa bujyanye no kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga wizihizwa buri mwaka tariki 03 Ukuboza, mu Murenge wa Busengo, Akarere ka Gakenke, basabwe kumvako...
Featured DRC: Hashyizweho iminsi itatu yo kunamira abiciwe i Kishishe.
Inama y’abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu tariki 02 Ukuboza, iyobowe mu buryo bwifashisha ikoranabuhanga na Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, yemeje icyunamo cy’iminsi itatu gitangira kuri...
Featured DR Congo: Ibihamya ko hashobora kuba Jenoside birahari ‘Umujyanama muri UN’.
Umujyanama ku kwirinda Jenoside mu Muryango w’Abibumbye, UN yatangaje ko amakimbirane ari muri RD Congo ari “ikimenyetso kiburira” kuko hari ibintu nk’urwango rukabije n’urugomo “byavuyemo...
Featured Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutari muri DR Congo n’ubwo hari impamvu yatuma rujyayo.
Mu ijambo yavugiye mu Nteko Ishinga amategeko kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Ugushyingo 2022, ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bashya baherutse kwinjira muri Guverinoma, Perezida...

