Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Ibidukikije Iteganyagihe

USA: Abarenga 24 bamaze kwicwa n’inkongi y’umuriro.

Mu mujyi wa Los Angeles muri Leta ya California, agahinda n’ibibazo by’abaturage bikomeje kwiyongera nyuma y’urupfu rw’abantu 24 bazize inkongi zabaye mu byumweru bishize. Imibare igaragaza ko izi nkongi zimaze gutera igihombo cy’arenga miliyari $200.

Ihangayika rikomeje kwiyongera bitewe n’ubushyuhe butizwa umurindi n’umuyaga mwinshi, watumye abatabazi badakoresha kajugujugu mu guhangana n’inkongi. Ikigo cy’igihugu gishinzwe iteganyagihe cyatangaje ko mu byumweru biri imbere ibintu bishobora gukomeza gukomera.

Umuyaga wo muri Santa Ana, wageraga ku muvuduko wa kilometero 96 ku isaha, wagize uruhare mu gukongeza ubukana bw’inkongi, utangira ku wa Gatatu, tariki ya 8 Mutarama, ukageza ku Cyumweru, tariki ya 12 Mutarama 2025.

Izi nkongi zitandukanye, zirimo iyiswe Eaton n’iya Palisades, ni zo zahitanye abantu benshi. Inkongi ya Eaton yishe abantu 16, mu gihe Palisades yahitanye abandi 8. Eaton yangije hegitari 14,000 naho Palisades itwika hegitari 23,000, bingana na 13% by’ubutaka bwose bwibasiwe n’inkongi. Indi nkongi yiswe The Hurst yamaze gukumirwa burundu nyuma yo kwangiza are 799.

Mu rwego rwo guhangana n’ibi byago, Leta ya Amerika yahamagaje abashinzwe ubutabazi baturutse muri Canada na Mexico. Ku rundi ruhande, abantu 16 baracyaburiwe irengero.

Chad Augustin, umuyobozi w’ubutabazi muri Pasadena, yavuze ko umuyaga ukomeje kuba imbogamizi ikomeye, kandi biteganyijwe ko uzarushaho gukomera mu minsi iri imbere, by’umwihariko hagati ya tariki 13 na 15 Mutarama.

Ikigo cy’Amerika gishinzwe iby’ikirere, National Weather Service, cyasabye abaturage kuba maso, kuko n’ubwo hari intambwe yatewe mu kuzimya inkongi, ibihe bigikomeza kuba bibi. Indege n’izindi ntumbero z’ubutabazi zikomeje guhabwa integuza z’akaga gashobora gukomeza kugeza ku wa Gatatu.

Related posts

Guinea Conakry: Perezida Alpha Conde yahiritswe ku butegetsi n’abasirikare kabuhariwe [VIDEO].

N. FLAVIEN

Perezida Museveni wavuye i Kampala na Kajugujugu yageze mu Rwanda mu modoka.

N. FLAVIEN

Drone nto y’Igisirikare cy’u Rwanda yakoze impanuka ikomeretsa batatu

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777