Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Ubuzima Umutekano

USA: Abagera kuri 30 barasiwe mu birori mu Mujyi wa Baltimore.

Abategetsi bo mu Mujyi wa Baltimore muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika baravuga ko abantu bagera kuri 30 barasiwe mu birori byari byateguwe n’abaturage bo mu rusisiro rw’ahitwa Brooklyn Homes ruherereye mu majyepfo y’uwo Mujyi.

Abapolisi baravuga ko babiri mu barashwe bamaze gupfa, mu gihe abandi batatu barembye cyane. Polisi yavuze ko yakiriye telefoni nyinshi zivuga kuri iryo raswa.

Umuyobozi w’umujyi wa Baltimore Brandon Scott, yabwiye Televiziyo y’Abanyamerika, CNN ko iraswa ry’aba baturage rigaragaza ko ikibazo cy’uburyo abantu bemerewe gutunga imbunda gikwiriye gusuzumwa bitari muri Baltimore gusa ahubwo mu Gihugu hose.

Komiseri Richard Worley, umuyobozi w’agateganyo wa Polisi ya Baltimore, yavuze ko ibyabaye byageze ku bantu benshi. Yavuze ko abagera kuri 20 mu bakomeretse bashoboye kwijyana kwa muganga.

Ubutumwa umuyobozi w’umujyi wa Baltimore yatanze, yabaye nk’uburira abagabye icyo gitero agira ati: “Ndashaka ko ababikoze banyumva neza. Ntituzatuza tutarabafata kandi tuzabafata”. Yakomeje agira ati: “Gusa nizere ko na mbere yaho, buri uko muhumetse mutekereza ku bo mwavukije ubuzima no ku bantu bose mwateye ikibazo uyu munsi”. (VOA)

Abagera kuri 30 barasiwe mu birori/Photo Internet.

Related posts

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda yashyizwe ku ipeti rya CG.

N. FLAVIEN

Uganda: Amashuri n’indi mirimo byongeye gufungwa kubera Covid-19.

N. FLAVIEN

Musanze FC yatsinze Bugesera FC yizezwa ikibuga cyiza no kongererwa ingengo y’imari.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777