Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Politike Umutekano

Indege yari igemuriye intwaro abarwanyi ba TPLF yahanuwe.

Mu rugamba inyeshyamba za TPLF zihanganyemo n’ingabo za Leta ya Ethiopia, n’ubwo hari hashize iminsi hari agahenge hagati y’izi ngabo n’inyeshyamba, hahanuwe indege byavugwaga ko yari igemuriye TPLF intwaro.

Imirwano yongeye kubura muri iyi minsi ku buryo mu ijoro ryacyeye ingabo za leta  ya Ethiopia zigambye ko zahanuye indege yari igemuriye izi nyeshyamba intwaro.

Mu nkuru dukesha Africa Nation ivuga ko Iyi Indege yarasiwe hejuru ya Humera y’Amajyaruguru y’iki gihugu ubwo yinjiraga mu kirere cya Ethiopia ivuye muri Sudani.

Ibi kandi byemejwe n’Umuyobozi w’ishami rishinzwe ibikorwa by’ingabo z’Igihugu cya Ethiopia, Maj Gen.TesfayeAyalew

Uyu muyobozi wa Gisirikare kandi yakomeje avuga ko iyi indege yahanuwe n’ingabo zirwanira mu kirere cya Ethiopia ahagana mu ma saa yine z’ijoro ku isaha yaho, gusa Kugeza ubu  ntiharamenyekana nyiri iyi ndege .

Umwe mu bayobozi bo mu ngabo za Ethiopia yatangaje ko igihugu kiri maso kandi ko cyiteguye kukirinda igihe icyo aricyo cyose.

 

Related posts

Biravugwa ko M23 yaba yafashe agace ka Rubaya gakungahaye ku mabuye y’agaciro.

N. FLAVIEN

Urugendo rw’amateka kuri Chorale Ubumwe yo kuri ADEPR Bukane yasohokeye mu Mujyi wa Kigali [Video].

N. FLAVIEN

Minisitiri Gatabazi yasabye abayoboke ba ADEPR gushyigikira ubuyobozi bushya bwabo bakirinda n’ababaca intege.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777