Category : Ubukungu
Featured Gutembereza abantu mu kirere hakoresheje imitaka byatangijwe mu Rwanda.
Urwego rw’Iterambere mu Rwanda, RDB, rufatanyije n’Ikigo Royal Balloon Rwanda, byatangije serivisi zo gutembereza abantu mu kirere, hifashishijwe imitaka minini izwi nka ‘Hot Air Balloon’....
Featured Musanze: Imbogo ebyiri zari zatorotse Parike y’Ibirunga zarwanye ziricana [AMAFOTO].
Imbogo ebyiri zo muri Parike y’Igihugu y’Ibirunga (Volcanoes National Park), nyuma yo gutoroka iyi Parike, zarwanye kugeza zicanye, uretse imyaka y’abaturage zarwaniyemo ari naho zaguye,...
Featured Gakenke: Umuryango Nkunduburezi ntiwazimye ahubwo ngo uhugiye mu kwishyura amadeni yasizwe n’ishuri no gushaka uko bakora ibindi bikorwa bifasha abaturage.
Mu nkuru yacu iheruka, twagarutse ku cyo benshi bibaza ku bikorwaremezo byahoze bikorewamo n’ishuri rya Nkunduburezi, kuri ubu byamaze guhinduka umusaka. Mu gusoza iyi nkuru,...
Featured Perezida Kagame yakiriye intumwa z’u Burundi zari zizanye ubutumwa bwa mugenzi we Evariste Ndayishimiye [AMAFOTO].
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki 10 Mutarama 2022, yakiriye mu biro bye, Village Urugwiro, intumwa z’u Burundi zari...
Featured Gakenke: Benshi bakomeje kwibaza amaherezo y’inyubako z’icyahoze ari “Collège Nkunduburezi” n’icyatumye ifunga.
Uvuye mu Mujyi wa Musanze mu Majyaruguru y’u Rwanda, byagusaba ibirometero hafi 30 werekeza mu gace k’imisozi kazwi nko mu Bukonya. Ku muhanda Gicuba-Janja, ugeze...
Featured Gakenke: Abakoresha umuhanda Rugogwe-Rutake-Bigabiro babangamiwe n’ibikamyo bikora imihanda y’ahandi bigasiga byangije uwabo.
Abakoresha umuhanda Rugogwe-Rutake-Bigabiro uhuza abaturage b’igice kimwe cy’Umurenge wa Janja n’Ibitaro bya Gatonde, bavuga ko babangamiwe n’iyangirika rikabije ryawo, bavuga ko ryatejwe n’ibikamyo byikorera itaka...
Featured Ntibisanzwe: Ubushinwa bwakoze ukwezi kuzamurikira Isi ku rugero rukubye inshuro 8 ukwaremwe n’Imana.
Iyi si dutuye ikataje mu ikoranabuhanga, aho mwene muntu akomeje ubushakashatsi agerageza kwigana ibyaremwe n’Imana ari nako bagerageza kuba babikora neza kurushaho. Ni muri urwo...
Featured Polisi y’u Rwanda yashyikirije abaturage ibikorwa bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda akabakaba Miliyari [AMAFOTO].
Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ukuboza 2021, Polisi y’u Rwanda, RNP, yashyikirije abaturage ibikorwa byakozwe mu kwezi kwahariwe Polisi, bifite agaciro ka Miliyoni 997...
Featured RURA iraburira abazamura ibiciro bya Gaz kurya bari menge.
Urwego Ngenzuramikorere, RURA rwavuze ko kwiyongera kw’ibiciro bya gaz ari igihombo ku muguzi wa nyuma, bityo buri wese ugira uruhare mu kuzamura iki giciro azabihanirwa....