Umusozi wa Kabuye ni umwe mu misozi miremire mu Rwanda ukaba uherereye mu karere ka Gakenke, Intara y’Amajyaruguru. Wafatwaga nk’imanga bitewe n’imiterere karemano yawo ariko...
Mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Karongi cyane ariko Umurenge wa Bwishyura, ku wa Gatatu tariki 26 Werurwe 2025 ahagana mu ma saa munani z’amanywa (14h00)...
Abatuye Intara y’Amajyaruguru muri rusange basabwe kwitandukanya n’amacakubiri n’ingengabitekerezo ya Jenoside bikomeje kugaragara mu bice bitandukanye by’Igihugu kuko nta musaruro na mba bitanga, bagaharanira gukora...
Ibikorwa byanduza Umugezi wa Kigombe biri mu biteye impungenge abakoresha amazi yawo mu bikorwa byabo bya buri munsi haba kuyatekesha,kuyanywa ndetse no kuyoga kubera uruvangatiranye...