U Rwanda rwakiriye abimukira barindwi baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nka bimwe mu bikubiye mu masezerano ibihugu byombi biherutse gusinyana. Ni amakuru yatangajwe...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko izava mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi, ubumenyi n’umuco (UNESCO), irishinja gushyigikira ibitekerezo byo gucana ku maso,...
Igisirikare cya Leta ya DR Congo, FARDC n’Ihuriro AFC/M23 barashinjanya gutobera umuhate wo kugera ku mahoro mu biganiro birimo kuba, kubera ibikorwa byo kwitegura imirwano...
Leta y’u Rwanda n’iya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basinyanye amasezerano y’amahoro aganisha ku muti w’ibibazo by’intambara bikaze imyaka mu burasirazuba bwa DR Congo. Gusinya...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru tariki 22 Kamena 2025, yagabye ibitero bikomeye kuri Iran, igamije kuburizamo umugambi...
Benshi mu bakurikiranira hafi ibiri kuba hagati ya Israel na Iran bakomeje kwibaza igishobora gukurikira igitero cyo mu rukerera rwo ku wa 13 Kamena uyu...
Mu rwego rwo kwihorera ku gitero kidahusha cyagabwe na Israel mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, kikica abasirikare bakuru barimo Umugaba mukuru, Gen Maj...
Abaturage mu Burusiya batoye Igihugu cy’Ubudage kiza gisimbuye Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’Igihugu bafata nk’umwanzi wabo wa mbere, aho bagaragaza ko bubabangamiye cyane ndetse...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda rurimo kuganira na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku kuba rwakwakira abimukira iki gihugu...