Featured Amajyaruguru: Ba Gitifu babiri bafatiwe mu tubari bica icyaka kandi dufunze.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Turere twa Gicumbi na Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru yafashe Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari tubiri mu Turere twa Gicumbi na Rulindo basanzwe...