Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atazitabira inama y’Ibihugu bikomeye ku Isi biri mu ihuriro rya G20, iteganyijwe kubera i...
Nyuma y’iminsi havugwa umwuka mubi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Venezuela, birashoboka ko mu gihe gito intambara ishobora kurota cyane ko iki...
Igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel (Prix Nobel/Nobel Peace Prize) cyo muri uyu mwaka wa 2025, cyahawe Marie Corina Machado, usazwe atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Nicolas Maduro...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Israel n’umutwe wa Hamas bumvikanye ku cyiciro cya mbere cy’amasezerano yo guhagarika imirwano. Inkuru...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko izava mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi, ubumenyi n’umuco (UNESCO), irishinja gushyigikira ibitekerezo byo gucana ku maso,...
Leta y’u Rwanda n’iya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basinyanye amasezerano y’amahoro aganisha ku muti w’ibibazo by’intambara bikaze imyaka mu burasirazuba bwa DR Congo. Gusinya...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru tariki 22 Kamena 2025, yagabye ibitero bikomeye kuri Iran, igamije kuburizamo umugambi...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump yanze umugambi wa Israel wo kwica umutegetsi w’ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei, nk’uko abakozi...
Umukinnyi wamamaye mu mupira w’amaguru ku Isi, Cristiano Ronaldo uzwi nka CR7, yageneye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump impano y’umwambaro uriho...