Umwe mu myanzuro y’inama y’abaminisitiri yateranye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 14 Nyakanga ni uko uturere 8 twiyongeraho umujyi wa Kigali twashyizwe muri Guma...
Mu gihe u Rwanda rwugarijwe n’icyorezo cya COVID-19 kuko imibare y’abanduye idahwema gutumbagira, bamwe mu baturage bakomeje kwigira ba ntibindeba ku buryo bashyira ubuzima bwabo...
Mu gihugu cy’u Bubiligi, abashakashatsi mu buvuzi baratangaza ko hari umukecuru uherutse kugaragaraho ko yanduye ubwoko bubiri butandukanye bw’icyorezo cya COVID-19. Aya makuru yamenyakanye nyuma...
Mu gihe u Rwanda ndetse n’isi yose muri rusange byugarijwe n’icyorezo cya COVID-19, mu karere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru urugaga rw’abikorera rwafashe ingamba zitandukanye...
Abayobozi mu gihugu cy’u Buhinde baratangaza ko hari abaganga ndetse n’abandi bakozi bo mu bitaro bamaze gutabwa muri yombi, bakaba bakurikiranyweho icyaha cyo gushuka ibihumbi...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Turere twa Gicumbi na Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru yafashe Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari tubiri mu Turere twa Gicumbi na Rulindo basanzwe...