Mozambique igiye gutangiza gahunda yo gutanga serivisi za Leta yifashishije icyitegererezo cy’u Rwanda
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yatangaje ko igihugu cye kigiye gutangiza gahunda yo gutanga serivisi za Leta hifashishijwe ikoranabuhanga, yifashishije icyitegererezo cy’u Rwanda na Kenya....

