Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye bahagarariye umuhango w’isinywa ry’amasezerano hagati y’Ibihugu byombi, mu nzego zirimo...
U Rwanda rwakiriye abimukira barindwi baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nka bimwe mu bikubiye mu masezerano ibihugu byombi biherutse gusinyana. Ni amakuru yatangajwe...
Leta y’u Rwanda n’iya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basinyanye amasezerano y’amahoro aganisha ku muti w’ibibazo by’intambara bikaze imyaka mu burasirazuba bwa DR Congo. Gusinya...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria, baganira ku ngingo zitandukanye zirimo izireba akarere ndetse n’ibindi by’ingenzi ku mugabane...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Misiri, Lieutenant General Ahmed Fathi Ibrahim Khalifa, yagiriye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda rugamije kwagura ubufatanye mu bya gisirikare hagati y’icyo gihugu...