Inzego z’Ubuvuzi mu Rwanda zimaze igihe zigaragaza ko ubwandu bwa Virusi itera SIDA mu Rwanda bwiyongera mu rubyiruko n’abakora uburaya, bityo kuva mu Ukuboza 2024...
Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara, CDC, cyohereje mu Rwanda abahanga barufasha guhangana n’icyorezo cy’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na...
Abaturage bo mu ntara y’Amajyaruguru bibukijwe ko umuco wo kugira isuku ihagije ukwiye gushyirwa mu byambere, hagamijwe kwirinda indwara y’ubushita bw’inkende (Monkeypox) nk’icyorezo gihangayikishije Isi...
Bamwe mu rubyiruko bagira ibibazo bitandukanye bakananirwa kubyihanganira no gushaka uburyo babisohokamo, ahubwo bakabihunga bishora mu ikoresha ry’ibiyobyabwenge bibwira ko ari ukubyiyibagiza, beretswe ko aho...
Bamwe mu babyeyi bo mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Kayonza, Intara y’Iburasirazuba bavuga ko kutipimisha Virusi itera SIDA mu gihe batwite, ari ugushyira...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Rwamagana, Intara y’Iburasirazuba bamaze kwisiramuza, bavuga ko gukora imibonano mpuzabitsina ikingiye bitakiri ngombwa kuko bibwira ko umuntu wisiramuje...
Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima RBC cyagaragarije urubyiruko rwo mu karere ka Rwamagana n’abandi muri rusange ko kwipimisha Virusi itera Sida ari intwaro ikomeye yo kumenya uko...