Ibyatangajwe n’u Bubiligi ku makuru avuga ko buri guha u Burundi intwaro zo gutera u Rwanda
Minisitiri w’Intebe wungirije w’u Bubiligi akanaba Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu, Maxime Prévot, yigaramye amakuru avuga ko igihugu cye kimaze igihe giha u Burundi intwaro...

