Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike

Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko mu Bufaransa

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yageze mu Bufaransa mu mujyi wa Chantilly aho yitabiriye inama mpuzamahanga ya World Policy Conference (WPC), igamije kuganira ku miyoborere n’iterambere mu bice bitandukanye by’isi.

Umukuru w’Igihugu ari mu bitabiriye ku nshuro ya 18 iyi nama ihuza abayobozi n’impuguke baturutse hirya no hino ku isi. Biteganyijwe kandi ko aza guhura na Thierry de Montbrial, uyobora iyi nama akaba n’umuyobozi wa French Institute of International Relations.

Iyi nama ya World Policy Conference ihuza abantu baturutse mu nzego zitandukanye bagamije kungurana ibitekerezo ku buryo bwo kurushaho guteza imbere ubufatanye bushingiye ku kubahana hagati y’ibihugu.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, biteganyijwe ko Paul Kagame na Thierry de Montbrial basangira ifunguro rya nimugoroba, aho baganira ku bibazo by’ingenzi birebana n’ubufatanye mpuzamahanga muri iki gihe, uruhare rwa politiki ku Isi, ndetse n’ibibazo byihariye bireba umugabane wa Afurika.

Related posts

Biribazwa niba ibiganiro bya Qatar bizakemura koko ikibazo cya M23 na DR Congo

Muntu Clarisse

MONUSCO yashimye ibyavuye mu biganiro byo mu Busuwisi hagati ya DRC na AFC/M23

N. FLAVIEN

Sobanukirwa impamvu zitera impumuro mbi mu kanwa n’uburyo wayirwanya.

Yvette BYUKUSENGE

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777