Amizero
Ahabanza Amatangazo

Itangazo ryo kurangisha ibyangombwa bya burundu by’ubutaka.


Harerimana Anastase na Hitayezu Celestin bararangisha ibyangombwa bya burundu by’ubutaka.

Icya mbere gifite UPI 4/03/06/01/1199 buherereye mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Kimonyi, Akagari ka Birira, Umudugudu wa Mbugayera bubaruye kuri Harerimana Anastse (1196780039359088), icya kabiri gifite UPI 4/03/06/01/4751 buherereye mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Kimonyi, Akagari ka Birira, Umudugudu wa Mbugayera bubaruye kuri Hitayezu Celestin (1197780063480035) na Nyirkje Donthile.
Ibi byangombwa byaburiye aha mu Murenge wa Kimonyi. Uwabibona cyangwa akamenya amakuru y’aho byaba biherereye, yatanga amakuru ku buyobozi bumwegereye cyangwa agahamagara kuri: 0788438674 no kuri 0783337666 akazahembwa bishimishije.

Itangazo/Amizero.rw

Related posts

U Burundi bwafunze imipaka yose yo ku butaka ibuhuza n’u Rwanda.

NDAGIJIMANA Flavien

Igisirikare cya Israël cyongereye ibitero byo ku butaka muri Gaza.

NDAGIJIMANA Flavien

Nyabugogo: Abashakaga kureba Perezida Kagame bari mu igorofa bahanutse bitunguranye.

NDAGIJIMANA Flavien

Leave a Comment