Umuvugizi mu bya gisirikare wa AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, yiciwe mu gitero cy’indege nto z’intambara zitagira umupilote (drone) cy’ingabo za Leta ya DR Congo,...
Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko rigiye kurekura abasirikare 230 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryafatiye mu mujyi wa Goma mu mwaka ushize, hamwe n’abandi...
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yatangaje ko igihugu cye kigiye gutangiza gahunda yo gutanga serivisi za Leta hifashishijwe ikoranabuhanga, yifashishije icyitegererezo cy’u Rwanda na Kenya....
Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika gufata icyemezo gikakaye ku Iran cyo kiyitegeka guhagarika burundu gahunda yayo yo gutunganya...
Minisitiri w’intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Kenya, William Ruto, baganira ku kurushaho guteza imbere umubano usanzwe hagati y’ibihugu byombi...
Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama, yatangaje ko igihugu cye kizageza ku nteko rusange y’umuryango w’abibumbye icyifuzo cyo kwemeza ku mugaragaro ko ubucakara Abanyafurika bajyanywemo...