Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Gicurasi nibwo ibiro bya Perezida w’igihugu cy’u Bufaransa byatangaje ko bigize uwitwa Laurence des Cars umuyobozi w’inzu ndangamurage...
Ubuyobozi bwa Nigeria bwatangaje ko bwashyikirijwe miliyoni 5.8 z’amadorali y’Amerika yagaruwe na Leta y’Ubwongereza. Aya mafaranga yagiye agaruzwa n’ibigo bitandukanye byo mu Bwongereza, yari yararigishijwe...
Inama isanzwe ihuza Ubufaransa n’ibihugu by’Afrika yagombaga kuzaba muri Nyakanga uyu mwaka ikabera mu mujyi wa Montpelier uherereye mu majyepfo y’Ubufaransa yimuriwe mu Ukwakira. Impamvu...
Kuri uyu wa kane tariki ya 13 Gicurasi 2021 urukiko rukuru rwo muri Kenya rwanze umushinga wa BBI ugamije kuvugurura itegekonshinga bigaha Uhuru Kenyatta amahirwe...
Imyaka ibaye ine muri Sudani y’Epfo hashyizwe umukono ku masezerano y’amahoro, ariko ibyemeranijwe na bugingo n’ubu ntibirashyirwa mu bikorwa. Nubwo biri gukorwa biguru ntege kuri...
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ryahaye uruhushya rwo gukoreshwa nk’ubutabazi bwihuse urukingo Sinopharm rwa Covid-19 rukorwa na kompanyi ya leta y’Ubushinwa. Uru ni...