Abarimu bo mu mashuri yigenga bakorana na Koperative Umwalimu SACCO barayishinja ubuhemu.
Nyuma y’uko Coronavirus igeze mu Rwanda, benshi muri ba nyiri ibigo bihutiye gusubika amasezerano y’akazi bituma abalimu batakaza imishahara yabo bityo n’ubushobozi bwo kwishyura ku...