Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Politike Umutekano

Ubwoba ni bwose kuri Ukraine itinya ko Putin yayisukaho umuriro mu mpera z’icyumweru.

Abategetsi bo muri Ukraine baburiye abaturage ko intambara icyo Gihugu kirwana n’Uburusiya ishobora gukaza umurego mu mpera z’iki cyumweru.

Bavuze ko ibyo bishoboka mu gihe Uburusiya buri mu myiteguro yo kwizihiza ku nshuro ya 77 intsinzi icyo Gihugu cyatahukanye mu ntambara cyarwanaga n’aba Nazi mu Budage. Ni ibirori biba hirya no hino mu Burusiya bikarangwa n’akarasisi ka gisirikare gakomeye.

Ibiro ntaramakuru by’Abongereza (Reuters) byatangaje ko biteganijwe ko Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya azatanga ubutumwa bukarishye ku Bulayi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri iyo taliki ya 9 uku kwezi kwa gatanu 2022.

Umuvugizi wa Ministeri y’Ububanyi n’amahanga w’Uburusiya, ejo kuwa Gatanu yatangaje ko icyo Gihugu nta gahunda gifite yo kurasa intwaro za Nikeleyeri (Nuclear weapons) kuri Ukraine.

Gusa abategetsi bo mu nama ishinzwe umutekano muri Ukraine bavuze ko uyu munsi Uburusiya bwizihizaho intsinzi ushobora kuba uvuze gusuka urusasu kuri Ukraine.

Ingabo z’Uburusiya zimaze kwigarurira uduce turimo n’Umujyi ukomeye wa Mariopoul
Ukraine yiteguye umuriro ushobora guturuka kwa Vladimir Putin

Related posts

Karongi: Abanyeshuri ba Ecole d’Elites-Kibuye bashenguwe n’uburyo Abatutsi bishwe muri aka gace.

N. FLAVIEN

Bruce Melody yaciye agahigo mu bahanzi nyarwanda

N. FLAVIEN

Padiri Nahimana Thomas mu mugambi wo gushyiraho Komini baringa muri Leta ye iba mu buhungiro.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777