Amizero
Ahabanza Amakuru Politike Umutekano

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Lt Col Niyomugabo anamuha inshingano nshya.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda RDF, yazamuye mu ntera Lt Col Niyomugabo Bernard amuha ipeti rya Colonel anamugira ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu Gihugu cya Qatar.

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa Mbere, hagaragayemo izi mpinduka zakozwe na Nyakubahwa Paul Kagame.

Ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu kindi gihugu, aba akorera muri Ambasade. Bivuze ko Col Niyomugabo inshingano ze azajya azubahiriza anyuze muri Ambasade y’u Rwanda muri Qatar, agakora nk’Umudipolomate kandi afite ubudahangarwa. Aharanira ko Igihugu cye kigirana imikoranire myiza mu bya gisirikare n’icyo afitemo inshingano.

Muri 2015, Col Niyomugabo ubwo yari afite ipeti rya Lieutenant Colonel, yoherejwe muri Sudani y’Epfo mu butumwa bwa Loni. Icyo gihe yagiye ayoboye icyiciro cya kane cy’ingabo zishinzwe kurwanisha indege.

Col Niyomugabo yari asanzwe ayobora Ishami rishinzwe Abakozi mu Gisirikare cy’u Rwanda RDF rizwi nka J1.

Related posts

Bategereje indege ya Perezida Tshisekedi baraheba batazi ko yanyuze mu mazi.

N. FLAVIEN

Abasirikare babiri bakuru ba M23 bishwe n’indege za FARDC.

N. FLAVIEN

GS Runyombyi yibasiwe n’inkongi y’umuriro hangirika byinshi.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777