Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Umutekano

Ingabo za Amerika zongeye kurasa ibirindiro by’abahuti muri Yemeni.

Ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika zaraye zongeye kurasa muri Yemen mu karere kagenzurwa n’Abahouti bashyigikiwe n’Igihugu cya Irani.

Ni mu gihe hari impungenge ko intambara hagati ya Isirayeli n’umutwe wa Hamasi ishobora gukwira mu karere kose k’uburasirazuba bwo hagati.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, umunyamabanga wa Leta wungirije (Secretary) ushinzwe itangazamakuru muri ministeri y’Ingabo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Sabrina Singh, yaraye abikomojeho, avuga ku bikorwa byakozwe.

Yagize ati: “Muri iki gitondo igisirikare cya Amerika cyashwanyuje ibisasu by’Abahouti bibiri byo mu bwoko bwa misile zirasa ubwato. No mu ijoro ryakeye igisirikare cya Amerika cyashwanyuje ibindi bisasu by’Abahuti 14 byari bituramye ahantu 12 hatandukanye”.

Singh yavuze ko ibyo bisasu byari igico gitezwe ubwato bw’abacuruzi n’ubw’igisirikare cya Amerika muri ako karere. Bibaye ubwa gatanu ingabo za Amerika zirasa ibirindiro by’Abahuti muri Yemeni mu cyumweru kimwe gishize.

Mu bindi bitero byabanjirije ibi, ingabo z’Ubwongereza zafatanyije n’iza Amerika kurasa ibirindiro by’Abahuti muri Yemeni nyuma y’aho zigabye ibitero ku mato yanyuraga mu Nyanja Itukura. (VOA)

Related posts

Igisirikare cyo mu kirere cya DRC cyerekeje amaso mu Buhinde

KALISA

Mbere yo guhunga bava muri Kitshanga, FARDC n’abambari batwitse Umujyi wose.

N. FLAVIEN

Rubavu: Perezida Paul Kagame yakiriye Tshisekedi wa DR Congo wasuye u Rwanda.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777