Umuyobozi wa polisi ya Tanzania, IGP Simon Nyakoro Sirro uyobora uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda yasuye Polisi ikorera mu karere ka Ruvabu, anerekwa imikorere...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abarimo Col. Regis Francis Gatarayiha wagizwe umuyobozi w’ishami rishinzwe...
Kuri iki Cyumweru tariki 05 Nzeri 2021, Perezida Alpha Conde usanzwe ayobora Guinea Conakry yahiritswe ku butegetsi, amafoto yagaragaye akaba yamwerekanye ari mu maboko y’Ingabo...
Mu Ntara ya Cabo Delgado iherereye mu Majyaruguru ya Mozambique, kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Kanama 2021, inzego z’umutekano za Mozambique n’iz’u Rwanda batangiye...
Nyuma y’umwaka wose bari mu myitozo y’ibanze, abasore n’inkumi bihebeye kwitangira urwabibarutse basoje imyitozo y’ibanze ya gisirikare bari bamazemo umwaka ibemerera kwinjira mu Ngabo z’u...
Abarwanyi bataramenyekana neza bikekwa ko ari abo mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe ahanini n’abasize bakoze Jenoside mu Rwanda, bagabye igitero mu Murenge wa Bugeshi...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye igitero cy’akadege katarimo umupilote (drone) ku mutwe wiyita Leta ya kisilamu (IS) mu burasirazuba bwa Afghanistan, zica intagondwa imwe...
Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Igihugu cye kizahiga bukware abagabye igitero i Kabul ku murwa mukuru wa Afghanistan ku...
Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yihanganishije ababuze ababo mu gitero cyagabwe ku biro bikuru bya Polisi mu murwa mukuru Dar Es Salaam ahitana batatu...