Amatora ya Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yabereye mu nama y’Inteko Rusange yo kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Kanama 2025, yasize Shema...
Ikipe ya Young Africans SC yo muri Tanzania iheruka mu Rwanda gukina na Rayon Sports ku munsi w’Igikundiro (Rayon Day), iritegura kwakira Bandari FC yo...
Ikipe ya APR FC itaritwaye neza mu irushanwa ry’Inkera y’Abahizi yateguye, ikaza gusoreza ku mwanya wa nyuma, umutoza wayo Abderrahim Taleb yasabye abakunzi b’iyi kipe...
Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League nyuma yo kumara amatsiko abakunzi b’umupira w’amaguru, bukababwira ko Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda izatangira tariki 12 Nzeri 2025, amakipe...
Ikipe ya APR FC iheruka gutahiraho mu irushanwa ry’Inkera y’Abahizi yateguye, yasubukuye imyitozo kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Kanama 2025. Iyi kipe yitegura kujya...
Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Mugisha Bonheur ‘Casmiro’, we n’ikipe ye ya Al Masry SC yo mu Misiri, baraye bananiwe kubona amanota atatu imbumbe...
Shema Ngonga Fabrice usanzwe ari umuyobozi wa AS Kigali, ariyamamariza kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA mu matora ateganyijwe ku wa 30 Kanama 2025....
Kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Kanama 2025, Urukiko rwa Gisirikare rwategetse ko Umuvugizi w’abafana ba APR FC, Mugisha Frank ‘Jangwani’, abanyamakuru barimo Ishimwe Ricard,...
Joseph Sackey ukinira ikipe ya Mukura VS yasinyiye avuye muri Muhazi United, yavuze uko yabuze ababyeyi be mu gihe cy’ibyumweru bitatu. Nyina umubyara ni we...