Abaturiye n’abakoresha umuhanda wa kaburimbo Musanze-Kinigi bari mu byishimo bidasanzwe nyuma y’uko uyu muhanda w’ubukerarugendo ushyiriweho amatara (Street Light), bakaba bemezako iki ari igisobanuro cyo...
Urugendo rw’ibilometero 21 mu misozi iherereye mu gace kitwa Tignes mu ntara ya Savoie mu gihugu cy’Ubufaransa mu isiganwa rya Tour de France kuri iki...
Mu butumwa Perezida Kagame yagejeje ku Banyarwanda kuri uyu wa 4 Nyakanga ubwo hizizwaga imyaka 27 ishize u Rwanda rubohowe yongeye kubibutsa ko kurwanya COVID-19...
Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo Kwibohora wizihijwe ku nshuro ya 27 kuri iki cyumweru tariki 04 Nyakanga 2021, Nshimiyimana Adrien ukomoka mu Murenge...
Minisitiri w’ubuzima n’iterambere ry’umuryango muri Tanzania, Dr. Doroth Gwajima yatanze umuburo ku bakozi ba Leta bagaragaje ubunyangamugayo buke bakikorera mu isanduku ya leta bikanatera igihombo...
Sosiyete Blue Orgin y’umuherwe Jeff Bezos yatangaje ko Wally Funk w’imyaka 82 ari umwe mu bazaherekeza uyu muherwe Jeff Bezos mu rugendo yitegura kuzagirira mu...
Ahagana saa yine z’ijoro (22h00) kuri uyu wa Gatandatu tariki 03 Nyakanga 2021 nibwo hamenyekanye amakuru ko bwana Muremangingo Jérôme wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa...
Abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza hirya no hino mu gihugu bagera kuri 3,200 bagiye guhabwa amahugurwa azamara umwaka. Aya mahugurwa agamije gufasha aba barezi kongera urwego...