Perezida Kagame yifurije Abanyarwanda umwaka mushya muhire, agenera ubutumwa urubyiruko
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatanze ubutumwa busoza umwaka wa 2025, yifuriza urubyiruko n’Abanyarwanda bose umwaka mushya muhire wa 2026, anabibutsa inshingano bafite...

