Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Ikoranabuhanga Politike Ubuzima Umutekano

Umugambi mubisha wa Amerika wo gufasha Ukraine mu ikorwa ry’intwaro z’ubumara watahuwe n’u Burusiya.

Igisirikare cy’u Burusiya cyatangaje ko gifite ibimenyetso by’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatanyije na Ukraine mu ikorwa n’igeragezwa ry’intwaro z’ubumara (biological weapons), zari zigamije kugirira nabi abaturage b’u Burusiya.

Intwaro z’ubumara zishobora kuba zigizwe na virus ishobora gukorerwa muri laboratoire, cyangwa se ibindi binyabutabire, ubundi bikazoherezwa mu baturage zikabica. Ikorwa ry’izi ntwaro rirabujijwe ku rwego mpuzamahanga.

Kuva mu mwaka ushize, u Burusiya bwakomeje kuvuga ko bufite amakuru y’ubufatanye bwa Amerika na Ukraine mu ikorwa ry’izo ntwaro, ibikorwa byaberaga mu mijyi itandukanye irimo na Kharkiv kuri ubu uri kugenzurwa n’u Burusiya.

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ingabo mu Burusiya, Igor Konashenkov, yavuze ko amakuru bahawe n’abakozi ba laboratoire zakorerwagamo ubushakashatsi kuri virus zashoboraga guterwa mu Bihugu nk’u Bushinwa n’u Burusiya, bavuze ko nyuma gato y’itangizwa ry’igitero cy’u Burusiya, Ukraine yategetse abakozi b’izo laboratoires gusenya ibikorwa byose bijyanye nazo mu rwego rwo guhisha ibimenyetso.

Uruhande rwa Amerika ruvuga ko ibi bikorwa bigamije kurinda ko abaturage b’u Burusiya bakomeza kwinubira iyi ntambara, bikaba bimeze nk’izindi mpamvu zikomeje kwerekanwa nk’impamvu y’intambara, nubwo ari ibinyoma.

Mu 2020, abasirikare 20 ba Ukraine bapfuye mu buryo butunguranye hafi y’iyi laboratoire, abandi barenga 200 bajyanwa mu bitaro igitaraganya, amakuru akavuga ko byatewe n’ibikorwa by’izi laboratoires nubwo Leta ya Ukraine yaruciye ikarumira kuri iki kibazo.

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ingabo mu Burusiya, Igor Konashenkov


Related posts

Zambia: Hakainde Hichilema yatsinze Edgar Lungu mu matora y’umukuru w’igihugu

N. FLAVIEN

Ethiopia: Minisitiri w’Intebe Dr Abiy Ahmed uyoboye Ingabo ku rugamba yavuze ko azaruhuka atsinsuye abanzi [VIDEO]

N. FLAVIEN

CG (Rtd) Gasana wigeze kuyobora Polisi y’u Rwanda yahawe uruhushya asohoka muri Gereza.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777