U Rwanda mu biganiro byo kwakira abirukanwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda rurimo kuganira na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku kuba rwakwakira abimukira iki gihugu...

