Abasirikare kabuhariwe b’Umutwe wa M23 bigaruriye icyicaro cya Teritwari ya Masisi, aho benshi bazi ku izina rya Masisi Zone cyangwa Masisi Centre, birukana uruvange rw’ingabo...
Ubwo yari mu ruzinduko rw’akazi mu mujyi wa Lubumbashi, Intara ya Haut Katanga kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Ugushyingo 2024, Perezida wa Repubulika Iharanira...
Umutwe washyizwe ku rutonde rw’abakora iterabwoba na Leta Zunze Ubumwe za Amerika wa FDRL urwanira mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uherutse kwandikira...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yavuze ko kwivumbura kwa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo ari ugushakira igisubizo aho kitari....
Mu biganiro bya nyuma bisoza inama ya OIF yaberaga mu Bufaransa, Perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron, yasabye ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera mu burasirazuba...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yavuze ko yateganyaga guhuriza hamwe Perezida Paul Kagame na Perezida Felix Tshisekedi wa RDC bakaganira, ubwo bose bari mu Bufaransa...
Abanye-kongo barenga 550.000 basubiye mu bice bigenzurwa n’ingabo z’Umutwe wa M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice...