Amizero
Amakuru

Polisi y’u Rwanda yasubije uwayisabye kumufunga.

Uwiyita wimbwira ubusa ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter, yandikiye Polisi y’u Rwanda ayibaza niba umuntu abyutse yifuza ko imufunga iminsi itatu kugira ngo yitekerezeho yabimukorera.

Kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Ukwakira 2024, ku isaha ya saa moya n’iminota 34(07h34), uwiyita ku rubuga rwa X Wimbwira_ubusa yanditse asaba Polisi kumufunga agira ati: “Ese Rwandapolice umuntu abyutse akumva arashaka ko mu mufunga nk’iminsi 3 kugirango yitekerezaho neza, mwabimukorera? Murakoze munsubize.”

Polisi y’u Rwanda nayo ntiyatinze kumusubiza yahise igira iti: “Muraho, Ntabwo dutanga « staycation » muri kasho zacu, ariko twakugira inama yo kujya muri VisitRwanda. Bizaba bifite ituze n’umutekano hatajemo amapingu!”

https://x.com/Wimbwira/status/1848961207354417429?t=27XvzNp2NGwvWvQO4jSU0A&s=19

Related posts

Musanze: Umusaza w’imyaka 70 yafashwe asambanya umugore w’abandi asohoka yambaye agakariso gusa.

N. FLAVIEN

Minisitiri Gatabazi yasabye abayoboke ba ADEPR gushyigikira ubuyobozi bushya bwabo bakirinda n’ababaca intege.

N. FLAVIEN

Amazi menshi yatumye Nyabarongo yuzura ifunga umuhanda Muhanga-Ngororero.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777