Amizero
Ahabanza

Musanze: Umugore ukekwaho uburaya yasanganywe umurambo w’umugabo mu rugo rwe.

Mu karere ka Musanze, Umurenge wa Kimonyi, Akagari ka Buramira, Umudugudu wa Kabaya haravugwa urupfu rw’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 30, aho umurambo we wasanzwe mu rugo rw’ukekwaho kwicuruza (abazwi nk’indaya).

Umurambo w’uyu mugabo wabonetse mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 14 Ukwakira 2024, mu mbuga yo k’uyu mugore wahise atabwa muri yombi kugira ngo hakorwe iperereza.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, SP Mwiseneza Jean Bosco, yemeje aya makuru, asaba abaturage gutangira amakuru ku gihe ku bantu bafitanye amakimbirane kugira ngo ibibazo byabo bishakirwe umuti icyaha gikumirwe kitaraba.

Yagize ati: “Uyu munsi nibwo hamenyekanye amakuru ko umugabo uri mu kigero cy’imyaka 30 bamusanze yapfuye aryamye mu mudugudu wa Kabaya , Akagari ka Buramira mu murenge Kimonyi. Hatangiye iperereza hafashwe umuntu umwe ukekwa, kuri ubu afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Muhoza.”

Nyuma y’urupfu rw’uyu mugabo, uyu mugore ukekwaho kuba indaya yahise atabwa muri yombi kugira ngo iperereza rikorwe hamenyekane icyateye urupfu rw’uyu mugabo kuko hari n’amakuru yavugaga ko yiriwe asangira n’uwo mugore.

Related posts

Ba Perezida batandatu ba EAC bahuriye mu Burundi mu nama idasanzwe.

N. FLAVIEN

Nyabihu: Gitifu w’Akarere yasezeye mu kazi nyuma yo kuvugwaho amakimbirane na Meya.

N. FLAVIEN

Amavu n’amavuko y’Umutwe wa M23 ukomeje kujujubywa n’Igihugu cyabibarutse nk’umwana utagira nyina.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777