Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Iyobokamana Politike

Minisitiri Gatabazi yasabye abayoboke ba ADEPR gushyigikira ubuyobozi bushya bwabo bakirinda n’ababaca intege.

Minisitiri w’Ubutegetsi b’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, mu muhango wo kwimika Umushumba Mukuru wa ADEPR, Pasitoro Ndayizeye Isaïe n’umwungirije, Pasitoro Rutagarama Eugène, yasabye abayoboke ba ADEPR kwirinda ababaca intege kandi bagashyigikira ubuyobozi bushya bwabo.

Mu muhango wabaye kuri iki Cyumweru tariki 06 Werurwe 2022, Minisitiri Gatabazi yasabye abayoboke b’iri torero gushyigikira abayobozi bashya kandi n’aba bayobozi bagashyira imbaraga mu kunga ubumwe, ndetse no kubaka Itorero rishingiye ku ndangagaciro nyarwanda banirinda ababaca intege mu iterambere ryabo n’iry’umuturage muri rusange.

Nyuma yo kurahira, aba Bashumba bakuru batangaje ko bashyize imbaraaga mu gukorera hamwe hagamijwe guhangana n’ibibazo by’ingutu byakunze kuvugwa muri iri torero birimo imicungire mibi y’umutungo n’ibindi.

Ku ruhande rw’abayoboke b’iri torero, bishimiye kubona abayobozi bashya bimitswe ndetse babasaba gukorera hamwe kandi bagacunga neza umutungo wabo kugira ngo iri torero rigere ku ntego zaryo.

Umushumba mukuru mushya wa ADEPR, yavuze ko agiye gushyira imbaraga mu kugarura ubumwe no kunoza imicungire y’umutungo muri iri torero hagamijwe gufasha abayoboke baryo kugira imibereho myiza n’abanyarwanda muri rusange nk’uko tubikesha RBA.

Itorero rya ADEPR rimaze hafi imyaka 82 rigeze mu Rwanda, kuri ubu rifte abayoboke basaga miliyoni 2, rikaba rigira uruhare mu iterambere ry’uburezi, ubuvuzi, ubuhinzi ndetse no guhangana n’ibibazo byugarije imibereho y’abaturage.

Abakirisito ba ADEPR bari bahuriye i Nyarugenge
Minisitiri Gatabazi Jean Marie Vianney yitabiriye umuhango wo kwimika abashumba bakuru ba ADEPR.

Related posts

Musanze FC yatsinze Bugesera FC yizezwa ikibuga cyiza no kongererwa ingengo y’imari.

N. FLAVIEN

Kiyovu sport idafite umutoza mukuru itsinze Rayon sport, APR FC inyagirira AS Muhanga iwayo

N. FLAVIEN

Leta ya Cameroun yatangaje uko ubuzima bwa Perezida Paul Biya buhagaze.

KALISA

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777