Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike Umutekano

Ingabo za SADC zari zisigaye muri DR Congo zatashye zinyuze mu Rwanda.

Icyiciro cya nyuma cy’Ingabo 576 za SADC zari zimaze umwaka urenga mu butumwa bwa SADC muri DR Congo, SAMIDRC, zatashye kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Kamena 2025 zinyuze mu Rwanda.

Icyiciro cya mbere cy’izi ngabo cyavuye mu burasirazuba bwa DR Congo ku wa 29 Mata 2025 kigizwe n’imodoka 13 zirimo ibikoresho bya gisirikare n’abasirikare 57 babiherekeje.

Icyiciro cya nyuma cy’abasirikare ba SADC cyahagurutse i Rubavu ku mupaka w’u Rwanda na DR Congo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu ma saa tatu y’igitondo, kigizwe n’imodoka 15 zitwaye abasirikare.

Related posts

Burundi: General Bunyoni uvugwa mu mugambi wo guhirika Perezida yasimbujwe ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe.

N. FLAVIEN

Madeleine Albright wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Amerika yapfuye.

N. FLAVIEN

Gakenke: Guhuza ubutaka no gukoresha inyongeramusaruro byatumye ubuhinzi bw’ibigori buza ku isonga mu byinjiriza umuturage.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777