Kaminuza y’u Rwanda: Bararira ayo kwarika nyuma yo guhagarikirwa inguzanyo yo kwiga kandi bagikomeje amasomo.
Bamwe mu banyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda (UR) mu mashami atandukanye barataka guhagarikirwa inguzanyo yo kwiga izwi nka buruse, kandi bagikomeje amasomo bitewe no kwibwa...