Ethiopia yatangaje ko yabyukije imirimo yo kubaka urugomero rw’amashanyarazi ruzwi ku izina rya “The Grand Ethiopian Renaissance Dam” ruherereye kandi rukanakoresha amazi y’umugezi wa Nile, iki...
Ingengo y’imari ya leta y’umwaka wa 2021/2022 yiyongereyeho hafi 10%, ugereranyije n’iy’umwaka ushize ndetse yitezweho kuzahura ubukungu bwashegeshwe n’icyorezo cya COVID19 by’umwihariko. Irangana na Miliyari...
Buri mwaka tariki 06 Nyakanga, abantu hirya no hino ku Isi bizihiza umunsi mpuzamahanga wo gusomana, igikorwa inzobere zivuga ko ari ingenzi mu buzima. Gusa...
Abayobozi mu gihugu cy’u Buhinde baratangaza ko hari abaganga ndetse n’abandi bakozi bo mu bitaro bamaze gutabwa muri yombi, bakaba bakurikiranyweho icyaha cyo gushuka ibihumbi...
Abaturiye n’abakoresha umuhanda wa kaburimbo Musanze-Kinigi bari mu byishimo bidasanzwe nyuma y’uko uyu muhanda w’ubukerarugendo ushyiriweho amatara (Street Light), bakaba bemezako iki ari igisobanuro cyo...
Urugendo rw’ibilometero 21 mu misozi iherereye mu gace kitwa Tignes mu ntara ya Savoie mu gihugu cy’Ubufaransa mu isiganwa rya Tour de France kuri iki...
Mu butumwa Perezida Kagame yagejeje ku Banyarwanda kuri uyu wa 4 Nyakanga ubwo hizizwaga imyaka 27 ishize u Rwanda rubohowe yongeye kubibutsa ko kurwanya COVID-19...