I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Ikipe y’ingabo z’Igihugu, APR FC yatsinze Rayon Sports ibitego 3-0, mu mukino w’umunsi wa karindwi muri shampiyona y’u Rwanda, ishimangira ubuhangage ndetse ko hari amasomo...
Ubwo yarahiriraga manda ya munani yo kuyobora Cameroun mu myaka irindwi iri imbere, umukambwe Biya yagarutse ku magambo agira atii “Ndabizeza ko ituze rizagaruka”, mu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atazitabira inama y’Ibihugu bikomeye ku Isi biri mu ihuriro rya G20, iteganyijwe kubera i...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze i Doha muri Qatar, aho azitabira Inama Mpuzamahanga yiga ku iterambere (World Summit for Social Development). Perezida Kagame yageze...
Perezida wa Repubulika yiyunze ya Tanzania, madame Samia Suluhu Hassan mu ijambo yavuze amaze kurahira, yavuze gato ku mvururu zatangiye ku munsi w’amatora avuga ko...
Komisiyo y’amatora muri Tanzania yatangaje ko madame Samia Suluhu Hassan, wari usanzwe ari Perezida, ari we watsinze amatora ya Perezida yabaye ku wa gatatu, n’amajwi...
Mu ijambo ryatambutse kuri Televiziyo y’Igihugu, umugaba mukuru w’ingabo za Tanzania, General Jacob John Mkunda, yavuze ko amategeko agomba kubahirizwa kandi ko abagize uruhare mu...
Umwe mu myanzuro ikomeye yavuye mu nama mpuzamahanga yiga ku mahoro n’umutekano mu karere ka Afurika y’ibiyaga bigari yabereye i Paris mu Bufaransa kuri uyu...
Mu gihe hashize iminsi humvikana ibirego bya AFC/M23 ishinja uruhande rwa Leta ya DR Congo kurenga ku masezerano y’agahenge k’ihagarikwa ry’imirwano nk’uko byemeranyijwe imbere y’abahuza...
Mu ntambara karundura ihuje u Burusiya na Ukraine kuva muri Gashyantare 2022, magingo aya hari kwifashishwa ikoranabuhanga mu rwego rwo kugabanya imfu z’abasirikare no kwangiza...