Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Cinema Imyidagaduro

Uruhare rwa Sinema nyarwanda mu iterambere ry’abanyarwandakazi.

Abagore n’abakobwa bakora umwuga wo gukina filime mu Rwanda bishimira intambwe bamaze gutera n’uruhare sinema yagize mu iterambere ryabo.

Abaganiriye n’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA bahamya ko uyu mwuga wababereye urubuga rwo kugaragaza ibyo bashoboye no gutanga ubutumwa bwubaka sosiyete.

Sinema nyarwanda ikomeje kuzamuka, haba mu bwiza bw’amafilime no mu bwitabire bw’abayikora.

Gusa, kimwe mu byo abantu benshi batari bamenyereye ni ukubona abagore benshi binjira muri uyu mwuga, haba mu kwandika, kuyobora no gukina filime.

Niyosenga Joselyne uzwi nka Jojo na Uwanyirigira Odette bavuga ko umwaga wo gukina filime wabagejeje kiri byinshi myaka bamaze bawukora.

Uwamahoro Antoinette uzwi ku mazina y’intare y’ingore na Siperansiya, avuga ko binjira muri uyu mwuga bitari byoroshye ndetse nta mafaranga menshi babonaga ariko kuri ubu ibintu bikaba byarahindutse.

Mukakamanzi Beatha uzwi ku izina rya Maman Nick we avuga ko kuva yatangira gukina cinema byamufashije kwiyubaka.

Umukinnyi wa filime, umwanditsi akaba n’umuyobozi wa filime, Niyitegeka Gratien uzwi nka Seburikoko avuga ko kuba umubare w’abagore wiyongera ari ikintu gikwiye kwishimirwa mu ruganda rwa cinema.

Mu gihe sinema Nyarwanda ikomeza gutera imbere, ijwi ry’abagore naryo riragenda ryumvikana kurushaho.

Bava mu kuba abakinnyi b’inkuru z’abandi, bagahinduka abanditsi, abayobozi n’abareberera aho sinema igana.

Mukakamanzi Béatha wamenyekanye nka Maman Nick ni umwe mu banyarwandakazi bakunzwe muri Sinema nyarwanda akaba asaba abato kugera ikirenge mu cyabo.
Uwamahoro Antoinette wamenyekanye nk’Intare y’ingore ndetse na Siperansiya ni umwe mu banyarwandakazi bahinduriwe ubuzima na Sinema nyarwanda.

Related posts

Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa yakiriye mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame.

N. FLAVIEN

Musanze: Umuntu utamenyekanye umwirondoro yasanzwe mu kiraro cya Gitinda yapfuye.

N. FLAVIEN

Major (Rtd) Habib Mudathiru yakatiwe gufungwa imyaka 25.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777