Amizero
Ahabanza Amakuru Iyobokamana

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yasubukuye ibiganiro bya buri cyumweru agirana n’imbaga y’abemera imbona nkubone

Kuri  uyu wa Gatatu akanyamuneza n’ibyishimo byari byose ku mushumba wa Kiliziya Gatolika, Nyirubutungane Papa Francis. Ni nyuma yuko uyu mukambwe w’imyaka 85 yongeye gusubukura uburyo yari asanzwe ahuriramo na rubanda rw’abemera buri wa Gatatu. Amezi yari agiye kuba atandatu Papa Francis ahagaritse guhura n’abemera imbona nkubone buri wa gatatu bitewe n’icyorezo cya COVID 19 cyibasiye isi, ndetse n’igihugu cy’Ubutaliyani kikaba muri bimwe byazahajwe cyane n’iki cyorezo.

Mu gihe yamaranye n’imbaga y’abemera bari bazindukiye guhura n’umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis yafashe umwanya wo gusuhuza impinja ndetse no kuganira na rumwe mu rubyiruko rwari rwitabiriye. Mu ijambo yagejeje kuri urwo rubyiruko, yagarutse ku byishimo atewe no kongera guhura nabo imbona nkubone, dore ko bene ibyo biganiro yabikoraga hifashishijwe ikoranabuhanga.

Muri Nzeri n’Ukwakira umwaka ushize Papa yari yongeye gusubukura ibi biganiro agirana n’imbaga y’ababa bifuza kumureba buri wa Gatatu wa buri cyumweru, ariko nabwo bihita byongera gusubikwa bitewe n’iicyorezo cya COVID-19 cyari cyongeye gukaza umurego.

Abagera kuri 300 nibo bari bakoraniye mu mbuga ya Mutagatifu Petero iherereye I Vatican. Papa Francis wagenderaga mu modoka y’ubururu yo mu bwoko bwa Ford yasanganijwe impundu z’ibyishimo, aho abenshi buriraga intebe n’ibindi bikoresho bibegereye ngo babashe kureba neza Papa, ari nako batereraga hejuru bagira bati: “Turi kumwe nawe Papa Francis”.

Papa Francis avuka mu gihugu cya Argentine, akaba yaratorewe kuyobora Kiliziya Gaturika tariki ya 13 Werurwe 2013, aho yari abaye Papa wa 266. Niwe mu Papa wa mbere wabayeho mu mateka ya Kiliziya ukomoka ku mugabane wa Amerika.

Related posts

Intwari ya Afurika n’Isi yose Dr. John Pombe Joseph Magufuli yashyinguwe mu gace akomokamo. [AMAFOTO]

N. FLAVIEN

Inama y’Abaminisitiri yemejeko kwambara agapfukamunwa bitakiri itegeko mu Rwanda.

N. FLAVIEN

Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero bikomeye kuri Iran n’inshuti zayo.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777