Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Politike Umutekano

U Burusiya bwasandaje Drone y’ubutasi ya Amerika hejuru y’amazi mpuzamahanga.

Igisirikare cya Reta Zunze Ubumwe za Amerika kivuga ko indege y’intambara y’u Burusiya yagonze kuri uyu wa kabiri tariki 14 Werurwe 2023 indi ndege ya Amerika yo mu bwoko bwa drone hejuru y’Inyanja y’Umukara, drone ya Amerika yari mu bikorwa by’ubutasi ihita ishwanyagurika igwa mu nyanja.

Umwe mu bategetsi b’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yabwiye Ijwi ry’Amerika ko iyo drone itarakurwa mu mazi. Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Amerika, Ned Price, yavuze ko Amerika yatumije ambasaderi w’u Burusiya i Washington kugirango atange ibisobanuro ku byabaye.

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House, John Kirby, nawe yavuze ko Perezida, Joe Biden, yabwiwe mu nshamake ibyabaye. Kirby yavuze ko niba u Burusiya bwabikoze butekereza ko Amerika yakura indege zayo muri icyo kirere, ngo bitazashoboka.

John Kirby yongeyeho kandi ko Inyanja y’Umukara ari amazi mpuzamahanga bose bahuriyeho bityo ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika izakomeza gukora ibikorwa byose bijyanye n’igenzura hagamijwe inyungu rusange by’umwihariko iz’umutekano w’Igihugu.

Indege y’u Burusiya nayo yo mu bwoko bwa drone.

Related posts

Hongeye kubura imirwano ikaze mu bice byo muri Sake

KALISA

Ethiopia: Inyeshyamba za TPLF zigaruriye Umujyi wa Kobo.

N. FLAVIEN

Mantis Kivu Queen Hotel ireremba mu kiyaga cya Kivu yakoze impanuka igonze ikibuye.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777