Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Israel n’umutwe wa Hamas bumvikanye ku cyiciro cya mbere cy’amasezerano yo guhagarika imirwano. Inkuru...
Ku masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024 Iran yarashe ibisasu byambukiranya imigabane (missiles ballistic) ku gihugu cya Israel, nk’uko Igisirikare...
Igisirikare cya Israel, IDF cyarashe ibisasu biremereye mu majyepfo ya Liban, ahari ibirindiro bikomeye by’umutwe wa Hezbollah wakomeje gukozanyaho n’Ingabo za Israel kuva icyo gihugu...
Abaminisitiri babiri b’ibitekerezo by’ubuhezanguni bwo gukomera cyane ku bya kera bo muri Israel, bakangishije kuva muri Leta no gutuma urugaga ruri ku butegetsi rusenyuka, niba...
Ku nshuro ya mbere, burende (ibifaru) z’ingabo za Isirayeli zageze rwagati mu mujyi wa Rafah kuri uyu wa kabiri tariki 28 Gicurasi 2024 nkuko ababibonye...
Amakuru akomeje kuvugwa aremeza ko Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byari bisanzwe ari inshuti magara kuri ubu biri kurebana ay’ingwe nyuma y’aho Perezida...