AFC/M23 barashinja Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukorana n’abasirikare b’u Burundi bakaba bari kubohereza mu bice bitandukanye byo muri Kivu y’Amajyepfo mu rwego...
Nyuma yo kubohora ibice byinshi birimo n’imijyi minini ya Goma na Bukavu isanzwe ari n’imirwa mikuru ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo, Leta ya DR...
Abarwanyi b’umutwe wa M23 bamaze kwinjira mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...
Mu burakari bukabije, abatuye n’abaturiye umujyi wa Bukavu uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ukaba ari nawo murwa mukuru wayo bahaye ingabo za Repubulika Iharanira...
Mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu tariki 03 Ukwakira 2021, abitwaje intwaro bagabye igitero gikomeye ku birindiro by’igisirikare cya DR Congo...
Nyuma y’uko Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo ibarizwamo Bukavu yanzuyeko umupaka wa Rusizi ya mbere ugomba kuba ufunze mu gihe cy’iminsi 30 mu rwego rwo gukora...