Komisiyo y’amatora muri Tanzania yatangaje ko madame Samia Suluhu Hassan, wari usanzwe ari Perezida, ari we watsinze amatora ya Perezida yabaye ku wa gatatu, n’amajwi...
Komisiyo y’Igihugu y’amatora, NEC kuri uyu wa Mbere tariki 22 Nyakanga 2024, yemeje burundu ibyavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite yabaye ku matariki...
Umukandida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Democratic Green Party of Rwanda ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Dr Frank Habineza, yijeje abaturage bo mu...
Ku munsi wa kabiri wo kwamamaza umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi mu matora ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, mu karere ka Rubavu hagaragaye udushya twinshi tugaragaza ko byari...
Umukandida w’Ishyaka rya DGPR, Hon. Dr. Frank Habineza ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza ku munsi wa kabiri, muri Centre ya Gihara, Umurenge wa Ruyenzi,...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame akaba n’umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu kwezi gutaha, yashimangiye ko abanyarwanda aribo bafite uburenganzira...
Mu masaha ya mbere ya saa sita yo kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Gicurasi 2024, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC),...