Amizero
Ahabanza Amakuru Ubuzima

Kirehe: Polisi yarashe imfungwa zageragezaga gutoroka eshanu zihasiga ubuzima.

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Murenge wa Nyarubuye mu Karere ka Kirehe, yarashe imfungwa eshanu zari zitorotse zihasiga ubuzima.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Mata 2021, nibwo izi mfungwa uko ari eshanu zagerageje gutoroka ubwo zari zigiye gukaraba, abapolisi bari babarinze bahita babarasa.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP Kabera John Bosco yagize ati: “ Amakuru y’ibanze dufite ni uko abapolisi bahaga amazi yo gukaraba abafungwa mu gitondo. Binjijemo amazi rero abandi bahita basohoka bariruka, abapolisi barasa hejuru abandi baranga, nibwo barashemo abo batanu.”

Birashoboka ko izo mfungwa zarasiwe kuri sitasiyo y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) zitegerejwe kugezwa mu bushinjacyaha.

CP Kabera yavuze ko inzego zibishinzwe zatangiye iperereza kugira ngo hamenyekane ukuri kuri iryo raswa.

Ibiro by’Akarere ka Kirehe bibarizwamo Umurenge wa Nyarubuye/Photo Internet.

Src.: Igihe

Related posts

Ukraine isaba inshuti zayo kuyongera izindi ntwaro za rutura kandi zigezweho.

N. FLAVIEN

Rulindo: Impanuka ya bisi yavaga i Kigali yerekeza i Rubavu yahitanye benshi.

Muntu Clarisse

Perezida Kagame yakuye bwana Gatabazi ku mwanya wa Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777