Amizero
Amakuru Hanze Umutekano

Indege za USA zarashe ku birindiro by’Abatalibani mu kubaca intege.

Indege z’igisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika zagabye ibitero ahantu hatandatu hatandukanye muri Afuganistani mu minsi 30 ishize mu rwego rwo gushyigikira ingabo za leta y’icyo gihugu kureba ko zakumira abarwanyi b’Abatalibani.

Umukozi wa ministeri y’ingabo y’Amerika utashatse ko amazina ye amanyekana kubera uburemere bw’aya makuru, yabwiye ijwi ry’Amerika dukesha iyi nkuru ko ibyinshi muri ibyo bitero byagabwe n’indege zitagira umupilote (drones) ahiganje ingabo n’ibikoresho bya gisirikare Abatalibani bari bambuye ingabo za leta.

Hashize iminsi abasivili muri Afuganistani bavuga ko babonye indege z’ingabo za Amerika bamwe bavuga ko ari zo zaba zaragabye ibitero i Kandahar aho ingabo z’Abataliban zari zimaze igihe zigaruriye.

Related posts

Tshisekedi yasabye abanyecongo baba mu Bubiligi kumutera inkunga yo guhangana n’u Rwanda.

N. FLAVIEN

DRC: Abanyeshuri b’i Rutshuru batorotse ikigo bigamo bajya muri M23.

N. FLAVIEN

Indege y’intambara ya FARDC yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777