Amizero
Amakuru Amakuru mashya

Impamvu nyamukuru abayobozi ba sosiyete y’indege ya Congo Airways bahagaritswe.

Umuyobozi mukuru wa sosiyete y’indege ya Congo Airways na visi we muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahagaritswe ku mirimo bashinjwa gucanga nabi umutungo w’iyi sosiyete.

Ni umwanzuro wafashwe mu gihe iyi sosiyete imaze iminsi mu bibazo by’imikorere. Congo Airways ni sosiyete yashinzwe mu mwaka w’ 2014 ariko muri iki gihe iri mu bibazo bikomeye. Yahoze ifite indege enye ariko isigaranye ebyiri, mu gihe izindi zagiye zangirika.

Leta ya Kinshasa imaze igihe itangaza ko ishaka gufasha iyo sosiyete kuva mu bibazo ifite, ariko ntabwo byigeze bishyirwa mu bikorwa.

Mu minsi mike ishize, Guverinoma yiyemeje kugurira iyi sosiyete indege 5 ariko kugeza nubu ntanimwe barayigurira.Ibinyamakuru birimo n’ibyo mu mahanga, nka RFI byatangaje ko iyi sosiyete ifite ibindi bibazo biyiremereye, birimo ko ifite amadeni, amakimbirane mu bakozi n’ibindi byinshi.

Abayobozi bayo bahagaritswe mu gihe Leta yatangiye iperereza ryo kumenya ikibazo cya nyacyo gihari.

Related posts

Ibimenyetso byakwereka ko wugarijwe n’indwara ya depression cyangwa kwigunga bikabije.

N. FLAVIEN

Igihe cyose DR Congo imaze muri EAC ntirishyura imisanzu isabwa.

N. FLAVIEN

Bugesera: Akanyamuneza ni kose ku bahinzi nyuma yo guhirwa n’ikirere.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777