Amizero
Ahabanza Amakuru Politike Ubuzima Umutekano

DR Congo: Umusirikare wo mu barinda Perezida yishe abantu batatu.

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, mu mutwe w’Abarinda Umukuru w’Igihugu (Garde Republicaine) yishe abantu batatu abarasiye muri resitora iri mu mujyi wa Goma.

Amakuru aturuka mu mujyi wa Goma aravuga ko uwo musirikare wo mu barinda Perezida (GP) yinjiye muri Resitora iherereye muri Karitsiye Majengo muri Komine Karisimbi, atangira kumisha amasasu mu bantu adatoranya.

Uko kurasa byaje kuviramo urupfu abantu batatu bari abakiriya aho, imirambo yabo bishwe yajyanwe mu buruhukiro bw’ibitaro bikuru bya Goma.

Iryo yicwa ry’abo bantu ryarakaje abaturage baramukira mu myigaragambyo ikomeye yatumye umuhanda uva aho Majengo ujya Kilijiwe ufungwa.

Si ubwa mbere mu Burasirazuba bwa DR Congo umusirikare arashe abantu akabica dore ko mu mpeshyi ya 2023 hari uwarashe mu bantu bari baje gushyingura umuhungu we, yicamo 13 barimo n’abana be babiri (Umuseke).

Related posts

Afrobasketball: Senegal yegukanye umwanya wa 3(amafoto)

N. FLAVIEN

Perezida wa Centrafrique, Archange Touadéra yasesekaye mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. [AMAFOTO]

N. FLAVIEN

M23 mu isura nshya y’imirwanire bagamije gufunga umuhanda Goma-Rutshuru.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777