Umugabo wahoze mu ngabo za Canada ufatwa nk’umwe muri ba mudahusha bakaze kurusha abandi ku Isi avuga ko yageze muri Ukraine gufasha iki Gihugu kurwanya...
Mu byo yibukijwe nyuma y’amasaha atatu gusa yegukanye Intsinzi yo kuba Perezida mushya wa Koreya y’Epfo, Yoon Seok-youl wahoze ari umushinjacyaha, yibukijwe akazi katoroshye kamutegereje...
Igisirikare cy’u Burusiya cyatangaje ko gifite ibimenyetso by’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatanyije na Ukraine mu ikorwa n’igeragezwa ry’intwaro z’ubumara (biological weapons), zari zigamije...
Uruganda rw’ingufu kirimbuzi rwa Zaporizhzhia ruherereye muri Ukraine, rukaba urunini i Burayi ndetse no mu 10 za mbere nini ku Isi zitunganya izi ngufu, rwafashwe...
Ni kenshi Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yumvikanye yemeza ko ashyigikiye Ukraine, ndetse ko aniteguye kurwanya uwo ari we wese wahirahira...
Abasirikare kabuhariwe b’Uburusiya bageze mu murwa mukuru Kyiv, nk’uko abategetsi baho babitangaje bifashishije Twitter. Minisiteri y’ingabo ya Ukraine yavuze ko umwanzi yageze mu karere ka...
Nyuma y’uko mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki 24 Gashyantare 2022, Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya atangije ibitero kuri Ukraine, Volodymyr Zelensky uyobora Ukraine...
Kuri uyu wa Kane tariki 17 Gashyantare 2022, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi, yavuze ko hari ingeso y’ukutubaha ikomeje kugaragara mu...